Skip to main content

Kwamagana twivuye inyuma ibyatangajwe n'umuvugabutumwa Niyibikora Nicolas kuri Radiyo Amazing Grace ku wa mbere, tariki ya 29 Mutarama 2018.

199 Comments

F
Felix M
8 years ago

Uriya yarayobye ayobya benshi. Mu byo akwiye guhanishwa hakwiyongeramo kutazongera kugira ijambo mu ruhame: Radio, television, ibirori, urusengero... mu gihe runaka...

H
HABYALIMANA Charles
8 years ago

Akwiye guhanwa by'intangarugero kubera kwambura agaciro abantu Imana yahaye gutanga ubuzima

E
Eugenia Kayitesi
8 years ago

Uyu muvugabutumwa yabogamije ijambo ry'Imana kuko Bibilia itubwira naba ndi Bagore bakoze byiza muri Bibilia nka Mary, Esther, Deborah, Abigail, Docus nabandi benshi. Imana yakoresheje umugore kubyara Umucungunzi wish. Afite amacakubiri muriwe.

C
Christella
8 years ago

Nibagafate!!! Bakabohe!!!! Ni abandi babonereho ko yakoze ku giti kiturirwa

N
Nicky
8 years ago

Deeply saddened by this.... something has to be done!

A
Aline BATSINDA
8 years ago

Turamwamaganye n'undi wese ubyumva nka we. Ijambo ry'Imana ntirivangura!

D
Debora Vallucci
8 years ago

Despicable!!! We are trying to teach our young men that we all must have respect for one another and this awful man who preaches the word of God says we are evil!!! what a rotten example and what a disgusting man!!!

C
Cindy Stewart
8 years ago

Women are Gods treasure. He loves us unconditionally

L
Lerato Moreki
8 years ago

I guess this fool was born by a man.

J
Jennifer Robertson
8 years ago

If this pastor knew his bible he would know that there is free will therefor anyone who sins does so by his or her own choice. Women cannot force men to be evil. Men choose to be so

R
Ritha Uwimana
8 years ago

ntibikwiye rwose wamuvuga butumwa wee

R
Ritha Uwimana
8 years ago

Hoya rwose ntibikwiye ko duteshwa agaciro bene aka kageni. nibaza ububasha afite hejuru y`Imana kuburyoaduciraho iryo teka. turi beza kdi Imana iradukunda......adutesheje agaciroahereye kuri nyina umubyara wemeye kumuha ubuzima. umugore we ehhhh. niyisubireho rwose

A
Anonymous
8 years ago

I am against this dividing idea.

F
FIFY O MUKUNDWA
8 years ago

Abagore turi Abagaciro! Ntabwo twemeranya nibyo Pastor Nicholas yavuze kuri Radio. Twamaganye iyo myumvire idahwitse

T
Twagirumugabe Dominique
8 years ago

Ibyo ntibikwiriye kumvikana, uwo muvugabutumwa yagombye kumenya ko abanyabyaha ku isi atarabagore gusa. Akababwira ubutumwa bwo kuva mu byaha Yobu 28:28.

B
Batete
8 years ago

Unacceptable

J
Justine KAYIMANURA
8 years ago

Akwiriye no guhagarikwa mu mirimo y’ivugabutumwa kuko nawe ubwe atazi ibyavuga kandi atabumenyi abifitemo. Akishura indishyi yakababaro n’igisebo yateye abagore muri rusange kuburyo byabera isomo n’uwundi wese

A
Anonymous
8 years ago

Le bon Dieu nous aime tous sans distinction aucune.

M
Mary
8 years ago

Ikindi gikomerebyateye ni ugutesha umurongo abakiriye agakiza bemera ko umwami Yesu yaje gukiza isi yose atarobanuye umugore cg umugabo.

R
RYUMUGABE Alphonse
8 years ago

Namaganye kandi ntabwo nshyigikiye Nicolas utesha agaciro abagore kandi ari ababyeyi,abagore,bashiki,abana bacu byongeye bakaba bafire uruhare runini mu miyoborere myiza y'isi